Umunyamideli Huddah Monroe umaze kwamamara muri Kenya, ubu agahinda ni kose nyuma y’uko aherutse kwibagisha amabere atanze akayabo k’amadori asaga ibihumbi 10.
Uyu mukobwa ukunze kuvugwaho akajagari mu rukundo, mu minsi ishize ni bwo yumvikanye yigamba ko akubutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gikorwa cyo kongeresha amabere ye.
Ikinyamakuru nairobinews kivuga ko nyuma yo kuyabagisha yatangiye kwicuza icyo yabikoreye, ariko ku rundi ruhande agatunga agatoki umusore bakundanaga ko ari we wamushutse.
Aganira n’itangazamakuru mu minsi ishize, Huddah yatangaje ko ubusanzwe mu muryango wabo batagira amabere manini, ariko ngo bitewe n’uko umusore bakundanaga yakundaga amanini yamusabye kuyongeresha maze ku bwo kwanga kumubabaza arabikora.
Yagize ati ”Ubusanzwe mu muryango wacu ntitugira amabere manini kuko bose usanga bagira mato, gusa njyewe maze kwiyakira uko ndi kose kuko nta kindi nakora.”
Yakomeje agira ati ”Kugira amabere manini nabitewe n’umusore twakundanaga kuko yarayakundaga, nanjye kuko namwemeraga nanzuye ko ngomba gukora ibishoboka byose nkamushimisha. Sinatekerezaga ko nagira icyo mpindura ku mubiri wanjye ariko yatumye mbikora.”
Yunzemo ati ”Nyuma yaho twaje gutandukana kuko numvaga ntangiye kumusarira ndetse sinzongera, ahubwo icyo ngiye kwitaho ni ibikorwa byanjye by’ubucuruzi.”
Uyu munyamideli akunze kuvugwaho ubusambanyi no guhinduranya abasore bakundana, akunze no gushishikariza abakobwa bagenzi be kudaheranwa n’ubukene kandi bafite igitsina.
Muri Werurwe uyu mwaka mbere ho gato yo kwibagisha amabere, ni na bwo yavuze ko akunda igitsina cye kurusha ibindi bice by’umubiri we.
Mu mwaka wa 2014 ni bwo Huddah Monroe yahagarariye igihugu cya Kenya mu irushanwa rya Big Brother Africa, icyo gihe yanenzwe kuba ashishikariza abandi bakobwa ngo bakoreshe igitsina cyabo mu gushaka indonke aho kwirirwa basabiriza.
Ndacyayisenga Fred
Ngewe nushakire umukobwa cg umugore badafite abagabo cg ishuti bashaka ubaba hafi bakaba bakunda imibinano munzabiyina cyane batuye ikigali cg yiyemeje kujya ama tick yokuza aho ari igihe cyose ntarabona akazi amamagare 0781733889 Kanda hano umusubize
Umva musore cg mugabo ibyo ntacyo bimaze ntanyungu uzabonamo uretse gupfa nabi; nukuri ihangane usabe IMANA izaguhe uwawe mugore reka kwijya mucyobo ukireba kuko ntawuzakigukuramo wakigezemo.urakoze niba ibyo nkubwiye ubikurikiza Kanda hano umusubize
Wamukobwawe uri kazihagarira waretse ubusambanyi koko ubwo nasome wabonye umva uwo nkunda ndamucyaha pe isubireho ufate umwanzuro Kanda hano umusubize
Wamukobwawe Ntabyawe Pe Kanda hano umusubize
hhh bury nuzakor ikint kizatum wicuz mubuzim kk sibyiz kd kunugan umunt akund ikimufitiy akamar Kanda hano umusubize
Koma ana sema muswahili Kanda hano umusubize
Koma ana sema muswahili Kanda hano umusubize
Wamukobwawe Uri Igicucu. Ubusemuracyakundana? Kanda hano umusubize
Umuntu akunda ikimufitiye akamaro, jye rero ndumva ntamuveba niba igitsina kimutunze. Jye nkunda umutwe wanjye kuko akazi nkora nkoresha ubwenge. Kanda hano umusubize