Abategetsi bo muri Tanzania bahagaritse umukobwaukora injyana ya Rap witwa Rosa Ree ngo ntazongere gukora ibitaramo mu gihe cy’amezi atandatu,....
Jeanine Áñez, umusenateri wo ku ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi, yatangaje ko ubu ari we Perezida w’inzibacyuho wa Bolivia, ni nyuma yo....
Iperereza rya televiziyo NTV yo muri Kenya ryerekanye ko kudakurikirana kw’ababishinzwe byatumye abakora ifu y’ibigori (kawunga) bakora irimo....
Umugandekazi Sheebah Karungi, ari kwizihiza isabukuru y’Imyaka 30 amaze avutse.Sheebah yavutse taliki ya 11 Ugushyingo 1989 uyu munsi akaba ari....
Urwego rushinzwe iby’ubuzima muri Zimbabwe rwatangaje ko abaganga 211 birukanwe muri iki cyumweru kubera imyigaragambyo bakomeje gukora basaba....
Mu rwego rwo kwegereza abaturage serivisi nziza no kubafasha igihe bahuye n’ikibazo Polisi y’u Rwanda yashyizeho imirongo itandukanye ihamagarwa....
Perezida wa Repubulika Paul Kagame witabiriye Ihuriro nyafurika ku ishoramari yagaragaje ko Afurika idakwiye kongera guta umwanya na muto mu....
Kuba barabyawe ku munsi umwe,bakabyarwa na nyina umwe,bakaba bahuje se ibyo ntabwo bihagije,abagore babiri b’impanga bo muri Zimbabwe Owami na....
Perezida Evo Morales wa Bolivia yeguye ku butegetsi yari amazeho imyaka 14 kubera imyigaragambyo ishingiye ku kongera gutorwa kwe mu kwezi gushize....
Urukiko rw’ubujurire i Kigali kuri uyu wa Gatanu taliki ya 08 Ugushyingo,rwasubitse gutangaza umwanzuro ku bujurire bwa Lt Joel Mutabazi wahoze mu....
© 2017 - 2026 Imirasire.rw. All Rights Reserved. Design by IMIRASIRE