Insinzi y’amavubi itumye abanya-Kigali birengagiza ibya Guna mu Rugo barara babyina
Post on: 26 January
Nyuma y’uko ikipe y’igihu cy’u Rwanda mu mupira w’amaguru (Amavubi) iri mu marushanwa nyafurika ahatanira igikombe cy’abakina imbere mu gihugu (CHAN) yitwaye neza mu mukino wayo wa gatatu wo mu matsinda, ikabasha kwegukana insinzi imbere y’ikipe y’igihugu cya Togo, aho abasorre b’u Rwanda batsinze Togo ibitego bitatu kuri bibiri, bitumye abanyarwanda bararana ibyishimo by’umwihariko abatuye mu mujyi wa Kigali birengagiza ko bashyiriweho gahunda ya Guma Mu Rugo mu rwego two kwirinda icyorezo cya COVID-19, maze Barbara babyina.