Mu Rwanda

RRA yagaragaje ko imisoro yakusanyije mu 2025/2026 yiyongereyeho 27.7% ugereranyije n’umwaka wabanje

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko amafaranga yakusanyijwe mu misoro mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026....

279 123
Umujyi wa Kigali wizeye kuzagira abana benshi batsinze ku kigero cyo hejuru ibizamini bya Leta...

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko bwizeye ko abanyeshuri bakora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (PLE) mu mwaka w’amashuri wa....

279 123
Abanyeshuri barenga ibihumbi 277 bagiye gutangira ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri....

171 123
Gasabo/Kinyinya: Barashima umusanzu wa RDF na Polisi ugiye gutuma ubucucike mu mashuri ya GS...

Abaturage bo mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo baravuga ko inyubako nshya z’amashuri zubatswe ku bufatanye bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF),....

171 123
RP yabuze ibisobanuro byemeza PAC uburyo yabuze uko isubiza abayizemo amafaranga yabo

Abadepite bagize Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) bagaragaje ko batanyuzwe n’ibisobanuro byatanzwe....

297 123
Umujyi wa Kigali wabuze ibisobanuro byemeza PAC icyatumye wakira imodoka y’isuku itujuje ibisabwa

Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta (PAC), yanenze Umujyi wa Kigali kubera kwakira imodoka....

657 123
Nubwo umubare w’abafite Virusi itera SIDA mu Rwanda ugabanuka hari ibyiciro bifite ubwandu buri...

Mu gihe u Rwanda rukomeje kwandika amateka meza mu rugamba rwo guhangana na Virusi itera SIDA, ubushakashatsi buheruka ku Buzima n’Imibereho....

153 123
Gasabo: Urukuta rwagwiriye abari mu mirimo yo kubaka umwe ahasiga ubuzima

Umuntu umwe yitabye Imana, abandi icyenda barakomereka nyuma y’uko urukuta rw’inzu rubagwiriye mu gihe bari mu mirimo yo kubaka mu Murenge wa....

288 123
Urukiko Rukuru rwanzuye ko Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade akomeza gufungwa by’agateganyo

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwatesheje agaciro i Ubujurire bwa Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe....

243 123
U Rwanda rukomeje gukaza gahunda zo kurwanya SIDA n’igituntu nubwo hari imbogamizi z’izamba...

Mu gihe isi ikomeje guhura n’ihungabana ry’ubukungu ryatumye inkunga nyinshi zagenerwaga gahunda z’ubuzima zigabanuka, ndetse n’ibiciro bya bimwe....

729 123
Contact

KIGALI/NYARUGENGE

+250783046313

+250788251903

info@imirasire.com

Follow Us
Newsletter
amakuru ni uberenganzira bwanyu kuyamenya natwe turasiye hirya no hino kubwanyu

© 2017 - 2026 Imirasire.rw. All Rights Reserved. Design by IMIRASIRE