Mu Rwanda

Nubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bikomeje gutumbagira guverinoma yiyemeje gukomeza...

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba zitandukanye zigamije....

81 123
Igiciro cya mazutu nacyo cyazamutse cyiyongeraho 33% yose

Mu gihe abaturage n’abakora ibikorwa by’ubucuruzi bakomeje guhangayikishwa n’izamuka ry’ibiciro ku masoko, ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli na....

207 123
MINICOM yafunguye amarembo ku bikorera bifuza gutanga serivisi z’ubuziranenge

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yatangaje ko abantu ku giti cyabo bafite ubumenyi n’ibigo by’abikorera bashobora kwinjira mu bikorwa....

387 123
RDB yafunze by’agateganyo amahoteri ane kubera kutuzuza ibisabwa mu rwego rw’ubukerarugendo

Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwafunze by’agateganyo amahoteri ane akorera mu turere dutandukanye tw’Igihugu nyuma y’ubugenzuzi....

396 123
MINEDUC yatangije ibizamini ngiro bisoza amashuri yisumbuye byitezweho gutanga umusanzu mu...

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda yatangije ku mugaragaro ibizamini ngiro bya Leta bisoza amashuri yisumbuye by’umwaka w’amashuri wa 2025-2026,....

513 123
U Rwanda rwavuze ko rwubashye icyemezo cy’urukiko mu rubanza rwatsinzwemo n’u Bwongereza

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yubashye icyemezo cyafashwe n’Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubuhuza ku rubanza rwari ruhanganyemo n’u Bwongereza ku....

738 123
Green Amayaga II yitezweho gufasha abaturage kurushaho gutera imbere mu mibereho no mu...

Nyuma y’imyaka itandatu umushinga Green Amayaga ushyirwa mu bikorwa mu turere tune tw’Intara y’Amajyepfo, abaturage n’abayobozi bavuga ko....

621 123
Kayonza: Abahoraga basuhuka kubera amapfa bizeye umusaruro uzava ku gihingwa cya Soya

Abaturage bo mu bice bitandukanye by’Akarere ka Kayonza byari bizwiho kwibasirwa n’amapfa akabije kugeza aho bamwe bahitamo gusuhuka, bavuga ko....

360 123
Perezida Kagame yasabye abofisiye ba Polisi bahawe ipeti rya AIP gukora birinda ruswa

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasabye abofisiye bato ba Polisi y’u Rwanda bahawe ipeti rya Assistant Inspector of Police (AIP)....

567 123
MIFOTRA yasobanuye ko ibivugwa ko imishahara y’abakozi ba Leta yiyongereye atari byo

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda (MIFOTRA) yatangaje ko amakuru amaze iminsi avugwa ko imishahara y’abakozi ba Leta n’abayobozi bo....

603 123
Contact

KIGALI/NYARUGENGE

+250783046313

+250788251903

info@imirasire.com

Follow Us
Newsletter
amakuru ni uberenganzira bwanyu kuyamenya natwe turasiye hirya no hino kubwanyu

© 2017 - 2026 Imirasire.rw. All Rights Reserved. Design by IMIRASIRE