Naciye inyuma umugabo wanjye ndyamana n’umuhungu uzi icyo gukora none kumwikuramo byananiye-Mbigenze nte?

Naciye inyuma umugabo wanjye ndyamana n'umuhungu uzi icyo gukora none kumwikuramo byananiye-Mbigenze nte?
Nkore iki?

Mbigenze nte ko umuhungu nikururiye ansenyeye urugo kandi nkunda umugabo wanjye tumaze kubyarana inshuro eshatu ariko igikorwa cyo gutera akabariro ntajya agiha agaciro.

Umugore uri mu kigero cy’imyaka 30 utifuje ko amazina ye atangazwa aragisha inama kubyo yakora yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’urubuga rwa Muhabura.rw aho afite ikibazo cyo kuba yaraciye inyuma umugabo we akaryamana n’umusore avuga ko ashoboye akazi none akaba agiye kumwibagiza umugabo we.

Mu gutangira atubwira uko byagenze ayu mugore yagize ati

“ Ubundi ubusanzwe umugabo wanjye tumaze kubyarana abana 3 afite imyaka 42 ariko kuva twatangira kubana sindabona na rimwe aha agaciro cyane igikorwa cyo gutera akabariro, afite akazi akora ku buryo ataha nka saa tatu z’ijoro yananiwe agatinzwa no gufata amafunguro ubundi agahita yiryamira.

Umugabo wanjye nta munsi n’umwe ajya yiha wo kuruhuka ahora mu kazi, n’iyo duteye akabariro ni nko kubipa( agahe gato) ubundi agahita agwa agacuho kubera umunaniro avana mu kazi, Mpora nifuza gukora imibonano mpuzabitsina ngashira ipfa ariko narabibuze kandi mfite umugabo. Gusa urukundo rwo rurahari kandi nta kintu adakora ngo yite ku muryango.

Nyirabayazana rero ni umusore duheruka kuryamana kubera numvaga nifuza gukora imibonano mpuzabitsina nkayihaga, Uwo musore yabinkoreye neza ku buryo byanteye ibyishimo bidasanzwe kuri uwo munsi, naratashye mu rugo nkajya nisekesha ubusa ku buryo abo tubana bambazaga icyo ndi guseka nkakibura nyamara ibitekerezo byanjye byari byibereye ku bihe byiza nagiranye n’uwo musore.

Uwo musore tujya kuryamana natekerezaga ko ari rimwe risa bitazongera kubaho, nyamara kugeza ubu tumaze kuryamana inshuro 4, kandi rwose ampora mu ntekerezo ku buryo kumwibagirwa byananiye,buri gihe nsigaye numva najya kumwirebera akandyohereza, umugabo wanjye nawe akomeje kumbaza impamvu asigaye abona mfite akanyamuneza nkabura icyo musubiza.

Ndi kwibaza uko bizagenda umugabo wanjye nabimenya, nonese nemere ngume hamwe njye nkomeza nifuze gutera akabariro mfite umugabo ? uwo musore nerure muhakanire kandi ankemurira ikibazo umugabo atankemurira? Nayobewe icyo nakora mungire inama”.

Mugire Inama ubinyujije muri Comments (ibitekerezo)

113679

Ibitekerezo ku inkuru

Ndori
Ndori 18 February 13:42

Mukomeze muduhugure

Nana
Nana 18 February 11:55

Ok, murakoze cyane

Emmanuel
Emmanuel April 2025 11:01

Wapi ntumukatire kuko ibyishimo birahenda gs ujye umuha umwanya muto kuburyo umugabo wawe atakuvumbura kuko rwasenyuka

Anonyme October 2020 04:31

mureke ubyikuremo kd uganirize umugabo umwereke ikibazo ufite

Dushimimana emmy
Dushimimana emmy October 2020 13:58

Ok mwikurem pe.kuk yagusnyer

Olivier HAKIZIMANA
Olivier HAKIZIMANA October 2020 05:50

Ark uri umwana mubi 2 koo! Subwo aho!

Nduwayo onesphore
Nduwayo onesphore September 2020 08:53

Umusi mwubakana mwasezeraye y,uko atawuzoca inyuma uwundi none wewe urose uwumusubirira iyobikora umugabo wawe ukabimenya wovyifashemwo gute?

Kigikoko
Kigikoko September 2020 14:55

Ukowabigenze bikore nkuko indaya zibinjyenza ntakundi nakubwira.

Nta kiganiro gihari!

(No comments yet. Be the first!)
Usubiza:
pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Contact

KIGALI/NYARUGENGE

+250783046313

+250788251903

info@imirasire.com

Follow Us
Newsletter
amakuru ni uberenganzira bwanyu kuyamenya natwe turasiye hirya no hino kubwanyu

© 2017 - 2026 Imirasire.rw. All Rights Reserved. Design by IMIRASIRE