Mu Rwanda

Hari abasuzugura indwara z’ubuhumekero kandi buri mwaka zifata abarenga miliyoni 2 mu...

Nubwo indwara z’ubuhumekero zifata abarenga miliyoni ebyiri mu Rwanda buri mwaka, inzobere mu buzima zigaragaza ko hakiri abantu benshi....

45 123
Musanze: Abafite ubumuga baracyahura n’imbogamizi mu kubona inguzanyo zo kwiteza...

Abafite ubumuga mu Karere ka Musanze bavuga ko bagikomeje guhura n’imbogamizi zikomeye mu kubona inguzanyo mu bigo by’imari, ibintu bavuga ko....

108 123
REG yateguje ibura ry’amashanyarazi mu bice bitandukanye by’igihugu hagati ya tariki 9 na 17...

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) yatangaje ko hateganyijwe ibura ry’amashanyarazi mu bice bitandukanye by’igihugu hagati yo ku wa 9 n’uwa....

351 123
Ugomba kubazwa ibyo ushinzwe ndetse byaba ngombwa ukabyishyura – Perezida Kagame

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko abayobozi bose bahawe inshingano n’amikoro bagomba kubibazwa igihe....

108 123
Intambara yo muri Congo ntabwo yatangijwe n’u Rwanda – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagarutse ku bibazo by’umutekano muke wo mu karere k’ibiyaga bigari by’umwihariko mu Burasirazuba bwa....

261 123
Kanseri y’ibere na prostate ziza imbere mu kwibasira Abanyarwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyashyize ahagaragara urutonde rwa kanseri 10 zibasiye Abanyarwanda cyane mu mwaka wa 2023, kigaragaza ko....

54 123
Urukiko rwategetse ko Dr. Manirakiza afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Dr. Manirakiza Benjamin ukurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya abana, afungwa iminsi 30....

72 123
Kamonyi: Abantu 9 bakomerekeye mu mpanuka ya minibisi yagonze Howo na FUSO

Abantu 9 bakomerekeye mu mpanuka yabereye mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Runda,ahazwi nko ku Ruyenzi, aho imodoka itwara abagenzi mu buryo....

63 123
U Rwanda rwoherereje Mozambique imfashanyo igera kuri toni 20 z’ibiribwa n’imiti yo kugoboka...

Guverinoma y’u Rwanda yoherereje igihugu cya Mozambique imfashanyo igera kuri toni 20 ziganjemo ibiribwa, imiti n’ibindi bikoresho by’ingoboka,....

414 123
U Rwanda rwatangiye igerageza ryo kwifashisha AI mu gusuzuma abarwayi

U Rwanda rwatangiye igerageza rya “application” ikoresha Ubwenge Buhangano (AI) izajya yifashishwa mu gusuzuma abarwayi no gufasha abaganga gufata....

198 123
Contact

KIGALI/NYARUGENGE

+250783046313

+250788251903

info@imirasire.com

Follow Us
Newsletter
amakuru ni uberenganzira bwanyu kuyamenya natwe turasiye hirya no hino kubwanyu

© 2017 - 2026 Imirasire.rw. All Rights Reserved. Design by IMIRASIRE